Ni nde ugiye kuba Nyampinga w’u Rwanda 2016? - AMAFOTO

Mu gihe hasigaye amasaha atarenga 24 kugira ngo amarushanwa yo gutoranya Nyaminga w’u Rwanda wa 2016 abe, twabateguriye amafoto abibutsa abahatanira iri kamba uko ari 15.

Akili Delyla

Isimbi Edwige

Karake Umuhoza Doreen

Kwizera Peace Ndaruhutse

Mpogazi Vanessa

Mujyambere Sheillah

Mutesi Eduige

Mutesi Jolly

Mutoni Balbine

Mutoni Jane

Umuhoza Sharifa

Umutoniwabo Cynthia

Uwamahoro Solange

Uwase Rangira

Uwimana Ariane

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 29 )

Rangira niwe miss Rwanda 2016

Felicien yanditse ku itariki ya: 27-02-2016  →  Musubize

Isimbi edouige miss 2k16 oye!!!!!!!!!!!!!!!

Kellly Kart yanditse ku itariki ya: 27-02-2016  →  Musubize

sharifa oyeeeeeeeeee ubahatse bose mumihigo

eric yanditse ku itariki ya: 27-02-2016  →  Musubize

sharifa oyeeeeeeeeee ubahatse bose mumihigo

eric yanditse ku itariki ya: 27-02-2016  →  Musubize

Isombi edwige Miss Rwanda 2016

Tereza murebwayire yanditse ku itariki ya: 27-02-2016  →  Musubize

ISIMBI EDWIGE NIWE MISS WUNO MWAKA,number 7,muraza kubibona ,uwo mwana ni mwiza pee,kandi ari tonze nubwo comments ze bazimaze bazinyonga.

Tereza murebwayire yanditse ku itariki ya: 27-02-2016  →  Musubize

miss 20 shalifa

joel yanditse ku itariki ya: 27-02-2016  →  Musubize

shalifa is no1

joel yanditse ku itariki ya: 27-02-2016  →  Musubize

miss Shalifa arabaruta bose

joel yanditse ku itariki ya: 27-02-2016  →  Musubize

Shalifa ntacyo atwaye niba no mu mutwe we hakora neza.

prince yanditse ku itariki ya: 27-02-2016  →  Musubize

Umuhoza Sharifa na Jolly tube ariho dushakira! Ariko Solanje weeeeee mega! Ndumiwe. Hhhhh Karake we rwose kereka niba afite Brain! Ibindi byo ndabibuze! Mpogazi we atorwe si non Papa we ariyahuza akanama nkemura mpaka! Asyiiiii weeeee Nyampinga utagira ibikorwa ararambiranye! KT press muri professional.

Jean Marie! yanditse ku itariki ya: 27-02-2016  →  Musubize

umutesi jolly kbsa.ariko abo basebanya STP wowe ko utagiye ngo ubahige uwo usebya se aramutse aryegukanye wabigira ute.genda gake

dydy yanditse ku itariki ya: 27-02-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka