Abahanzi b’Abanyasuwedi n’Abanyarwanda bahuriye mu gitaramo – AMAFOTO

Abahanzi bo mu Rwanda n’abo muri Swede bahuriye mu gitaramo cyabereye mu kigo cya Inema Art Center, ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 25 Nzeri 2015.

Iki gitaramo cyateguwe n’umuryango Sweden at Rwanda ugamije guteza imbere ubutwererane bw’ibihugu byombi mu guteza imbere udushya tugamije iterambere rirambye.

Abahanzi baturutse muri Swede bari gusangiza umwimerere w'imirimbire y'iwabo.
Abahanzi baturutse muri Swede bari gusangiza umwimerere w’imirimbire y’iwabo.
Abantu bari bakunze umuziki w'umwimerere.
Abantu bari bakunze umuziki w’umwimerere.
Abantu bo bari bitabiriye ari benshi.
Abantu bo bari bitabiriye ari benshi.
Uwo mukobwa nawe yashimishije benshi mu ijwi rye ryiza.
Uwo mukobwa nawe yashimishije benshi mu ijwi rye ryiza.
Umu Dj nawe yari yitwaye neza mu kuvanga imiziki itandukanye.
Umu Dj nawe yari yitwaye neza mu kuvanga imiziki itandukanye.
Uwo mukobwa mu gukirigita imirya ya gitari nawe yashimishije benshi.
Uwo mukobwa mu gukirigita imirya ya gitari nawe yashimishije benshi.
Umuraperi Angeli Umutoni nawe yagaagaje ubuhanga mu kurapa mu cyongereza.
Umuraperi Angeli Umutoni nawe yagaagaje ubuhanga mu kurapa mu cyongereza.
Iki gitaramo cyabaye ari nijoro ariko nticyabujije abakitabira kuba benshi.
Iki gitaramo cyabaye ari nijoro ariko nticyabujije abakitabira kuba benshi.

Kigali Today

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka