Didier Drogba yifatanyije n’Abanyakigali muri Siporo rusange (Amafoto)
Yanditswe na
KT Editorial
Mu ijoro rishyira kuri uyu wa gatanu tariki 11 Ukwakira 2019, i Kigali habaye gahunda ya siporo rusange yo kugenda n’amaguru.
Yitabiriwe n’abantu batandukanye barimo abari mu ihuriro Youth Connect Africa ririmo kubera i Kigali, n’abandi batandukanye barimo abafana b’ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza Didier Drogba yahoze akinira.
Bamwakiranye urugwiro, na we yishimira uburyo bamwakiriye nk’uko aya mafoto abigaragaza.
















Amafoto: Plaisir Muzogeye
Kugira ngo ubashe kureba andi mafoto menshi, kanda HANO
Ohereza igitekerezo
|