Didier Drogba yifatanyije n’Abanyakigali muri Siporo rusange (Amafoto)

Mu ijoro rishyira kuri uyu wa gatanu tariki 11 Ukwakira 2019, i Kigali habaye gahunda ya siporo rusange yo kugenda n’amaguru.

Yitabiriwe n’abantu batandukanye barimo abari mu ihuriro Youth Connect Africa ririmo kubera i Kigali, n’abandi batandukanye barimo abafana b’ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza Didier Drogba yahoze akinira.
Bamwakiranye urugwiro, na we yishimira uburyo bamwakiriye nk’uko aya mafoto abigaragaza.

Amafoto: Plaisir Muzogeye

Kugira ngo ubashe kureba andi mafoto menshi, kanda HANO

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka