• Imbuto na Ferwaka bateguye irushanwa risoza umwaka

    Shampiyona ya Karate ikomeje gushimisha abayitabira

    Kuri uyu wa mbere tariki 29/12/2014 hakinwaga umunsi wa kabiri w’irushanwa risoza umwaka wa 2014 muri Karate ryiswe National Anti Malaria Senior Karate championship, irushanwa ryateguwe n’ishyirahamwe rya’umukino wa karate mu Rwanda (FERWAKA) ku bufatanye n’Imbuto Foundation.



  • Aba bana babiri bavukana nibo bahuriye ku mukino wa nyuma.

    Karate y’u Rwanda mu bana iratanga icyizere

    Abana bakinira muri club ya Karate izwi ku izina rya Petit samurai Karate do club, bagaragaje ko mu bihe biri imbere, karate y’u Rwanda izaba ihagaze neza mu rwego mpuzamahanga.



  • Iyo amikoro abemerera bari kubajyana bose ariko hagiye batatu bonyine.

    Karate: Ikipe y’igihugu yerekeje mu Budage mu mikino yo ku rwego rw’isi

    Ikipe y’igihugu ya Karate ihagarariwe n’abakinnyi batatu, abahungu babiri n’umukobwa umwe, yahagurutse i Kigali kuri iki cyumweru tariki 02/11/2014, igana mu gihugu cy’Ubudage mu mujyi wa Bremen, kwitabira amarushanwa yo ku rwego rw’isi.



  • Gashagaza wegukanye umudari wa Bronze muri Senegal ngo arashaka uwa Zahabu mu Budage.

    Karate: Ikipe y’igihugu yakajije imyiteguro y’amarushanwa yo ku rwego rw’isi

    Ikipe y’igihugu ya Karate nyuma yo kwitabira amarushanwa ku rwego rwa Afurika yabereye mu gihugu cya Senegal ikitwara neza, Gashagaza Solange umwe mu bakobwa bagize iyi kipe akegukana umudari wa Bronze mu rwego rwa Afurika, ubu yakajije imyitozo aho yitegura kuzitabira amarushanwa ku rwego rw’isi azabera mu gihugu (…)



  • Kuba bakinira mu cyaro ngo ni kimwe mu bituma badatera imbere.

    Nyamagabe: Gukinira Karate mu cyaro ngo bituma badatera imbere

    Abakinnyi ba Karate bibumbiye mu itsinda (club) ryitwa Tiger (urusamagwe) bakinira mu murenge wa Kibumbwe mu karere ka Nyamagabe baratangaza ko kuba bakinira mu cyaro ari imwe mu mbogamizi ituma batabasha gutera imbere mu mukino wabo.



  • Rusizi: Umuryango we wose yawigishije karate

    Mutarambirwa Jerse ni umugabo w’imyaka 42 ariko umureba ntiwamenya ko ayifite; ngo kuba agaragara ko akiri muto biterwa na siporo ya karate yakoze kuva afite imyaka 7. Kubera gukunda iyi siporo, byatumye ayitoza n’umuryango we wose.



  • Abana bakinira muri LIONS KARATE-DO CLUB bishimira imyitozo bahabwa.

    Hatangijwe ikiciro cy’abantu bakuze mu mukino wa Karate

    Itsinda ry’abakarateka ryitwa LIONS KARATE-DO CLUB risanzwe rikiniramo abana bato kuri stade Amahoro i Remera, ku cyumweru tariki 23/12/2012 yatangije ikiciro cy’abakinnyi bafite imyaka hejuru ya 35.



  • Ngo kuba batuye mu cyaro karate ibafasha kwirinda no kuva mu bwigunge.

    Burera: Bifuza gutera imbere muri karate ariko icyaro n’amikoro bikabazitira

    Urubyiruko rukina umukino wa Karate rwo mu murenge wa Rugengabari, mu karere ka Burera rutangaza ko rudatera imbere mu bumenyi bw’uwo mukino kubera ko batuye mu cyaro kandi n’ubuyobozi bukaba butabitaho.



  • Miss Rehema witwaye neza cyane, ndetse bigaragara ko umudari wa zahabu wamugarukiye mu kigaza.

    U Rwanda rwitabiriye amarushanwa ya karate mu gihugu cya Maroc

    Ikipe y’u Rwanda yitabiriye amarushanwa ya karate ku rwego rwa Afurika ari kubera mu gihugu cya Maroc iri kugenda yitwara neza.



Izindi nkuru: