
Iyi kipe irahaguruka mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, irahagurukana abakinnyi 16 igiye kwifashisha muri iri rusanga rya Champions League rizabera Casablanca muri Maroc kuva tariki 10 kugeza kuri 26 Ukwakira 2025.
Police HC iri mu itsinda rya mbere aho iri kumwe n’amakipe ya Zamalek, Al Ahly,
RED Star , ISK na Mekele 70 aho biteganyijwe ko izakina umukino wayo wa mbere tariki 11 Ukwakira 2025 ikina na Zamalek ku isaha ya saa tanu za mu gitondo.
Mbere y’uko ikipe ya Police HC yerekeza muri Maroc ,DIGP AP Jeanne Chantal Ujeneza yabifurije itsinzi anabibutatsa ko ari ikipe ikomeye muri Afurika y’Iburasirazuba kandi bakwiye no kugaragariza Afurika ko mu Rwanda hari handball ikomeye.
Abakinnyi 16 Police HC irajya muri iyi mikino Nyafurika:
1.Nshimiyimana Thimothee
2.Kwisanga Peter
3.Urangwanimpuhwe Guido
4.Hagenimana Fidele
5.Hakizimana Dieudonnee
6.Kubwimana Emmanuel
7.Niyonkuru Karim
8.Mbesutunguwe Samuel
9.Ineza Thierry
10.Mutuyimana Gilbert
11.Uwase Moise
12.Kayijamahe Yves
13.Ndayisaba Etienne
14.Akayezu Andre
15.Duteteriwacu Norbert
16.Habimana Jean Baptiste
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|