Ku mukino wa kabiri mu itsinda rya kane ririmo Uganda,Mali,Zambia na ZImabwe.Ku i Saa Cyenda nibwo umukino wa mbere wari utangiye,ukino wahuzaga Mali yari yanganyije umukino wa mbere na Uganda ibitego 2-2,ndetse na Zimbabwe yari yatsinzwe umukino wa mbere na Zambia igitego 1-0.

Mali igeze ku mukino wa nyuma itsinze Côte d’Ivoire

Zimbabwe yabanje mu kibuga

Mbere y’umukino

Mali yishimira igitego gisezereye Zimbabwe

Mali ntiyoroheye Zimbabwe

Zimbabwe isoje imikino ibiri nta nota na rimwe
Uyu mukino waje gusiga ikipe ya Zimbabwe isezerewe mu matsinda n’ubwo igifite undi mukino izakina,ni nyuma yo kutabsgha kubona inota narimwe mu mikino ibiri,aho isoje umukino wa kabiri itsinzwe na Mali igitego 1-0,igtego cyatsinzwe ku munota wa 82 na M. Sissoko .
National Football League
Ohereza igitekerezo
|