
Zidane yumiwe yifata mu mutwe nyuma y’iki gitego
Iki gitego cyatsinzwe mu buryo butangaje kikijyamo, Zidane yagaragaye nk’umuntu utumva uburyo kigiyemo, agaragara nk’umuntu utumva uburyo Christiano abigenje kugira ngo agitsinde, birangira yumiwe yifata mu mutwe asa n’utangiye kwemera koko ari igitego, abona kubyakira.
Akandi gashya kagaragaye muri uyu mukino wa 1/4 cya Champions League, ni uko nyuma y’iki gitego abafana ba Juventus bose bisubiye bakifanira Christiano Ronaldo warumaze gukora agashya abatsinda igitego mu buryo butangaje.
Irebere uburyo icyo gitego cyatangaje cyane Zidane
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
MURI IKI CYUMWERU REAL IRAJE ITUBONE KBS
MBEGA IGITEGO BIRIYA NI UBUHANGA APR NIKOMERE