Rurangayire Guy Didier usanzwe ari Umuyobozi wa Siporo w’agateganyo akaba n’umuyobozi ushinzwe amakipe y’igihugu muri MINISPORTS yamaze kwandika ibaruwa asezera ku kazi ke, aho kugeza ubu hataramenyekana impamvu yatumye asezera.

Rurangayire Guy Didier yasezeye ku mirimo ye
National Football League
Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
Barakoze Abayobozi Bakuru bemeye ubwegure bwe,Kuva yagera muri sport yasenye Association za sport mu nyungu ze,aho PS Shema aziye,bihumira Ku murari.Murakoze Bayobozi
Ntababeshye siporo yacu ifite ikibazo peee gusa sinzi niba mubanyarwanda twese harabuze umuntu wayobora siporo neza uko abanyarwanda tubyifuza simbizi rwose
Ntababeshye siporo yacu ifite ikibazo peee gusa sinzi niba mubanyarwanda twese harabuze umuntu wayobora siporo neza uko abanyarwanda tubyifuza simbizi rwose
Simpamyako yibwirije haruwamubwiye kko ntago wacira inyama nuburyohe bwayo hatari ugukanze ingoto gusa byaribikwiye urebye ahumupira wacu ugeze