Nk’uko ibinyamakuru bitandukanye byo muri Kenya na Tanzania bikomeje kubyandika, umutoza Casa Mbungo Andre nyuma yo gufasha ikipe ya AFc Leopards kuva mu makipe ashobora kumanuka, ari kwifuzwa cyane na Singida United yo muri Tanzania.

Casa Mbungo arifuzwa cyane na Singida United


Kayumba Soter nawe uhagaze neza muri AFC Leopards arifuzwa cyane muri Singida United
Iyi kipe kandi igiye yaba ibashije kwegukana Casa Mbungo, bivugwa ko yahita anajyanayo na myugariro Kayumba Soter uhagaze neza mu ikipe ya AFC Leopards ndetse n’umutoza wungirije w’iyi kipe Anthony Kimani
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
ariko inkuru ntabwo irambuye, iyo agiye kuvamo ubu ihagaze ite?, mwavuze ko yarigiye kumanuka, yayigiyemo irikumwanya wakangahe ibu irikuwuhe? inkuru yanyu ninto cyane