
Byatangarijwe muri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatanu, mu birori bya Rayon Sports Day 2025 "Umunsi w’Igikundiro" ubwo hamurikwaga abakinnyi iyi kipe izakoresha mu mwaka w’imikino 2025-2026.
Ubwo hatangazwa abakinnyi bose, Pavelh Ndzila niwe wahamagawe bwa nyuma maze yakiranwa ubwuzu n’abakunzi b’iyi kipe.
Pavelh Ndzila yageze muri APR FC mu mpeshyi ya 2023 aho yayihesheje ibikombe bibiri bya Shampiyona ndetse n’Igikombe cy’Amahoro.
Abandi bakinnyi iyi kipe izaserukana mu mwaka utaha w’imikino na bo beretswe abafana.




National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|