Nyuma y’aho umunyezamu Umar Rwabugiri yerekeje muri APR FC, ubu Mukura yamaze kumusimbuza Nzarora Marcel waherukaga kwerekeza muri Musanze ariko ntabashe kuyikinira.

Nzarora Marcel wamenyekanye cyane mu ikipe y’igihugu yakinnye igikombe cy’isi muri Mexique cy’abatarengeje imyaka 17, yakiniye amakipe nka Rayon Sports ndetse na Police Fc.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|