
Wandege ategerejweho byinshi mu minsi iza
Uyu musore w’imyaka 18 yazamukiye mu ikipe y’abakiri bato ya Mukura Victory Sports mbere yo kwerekeza mu Bubiligi.
Kapiteni w’iyi kipe Labasse Olivier yemeza ko ari umusore ufite impano bategerejeho byinshi mu minsi iri imbere.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
nibyiza cyane bantubajye kumva umuntu wumunyarwa kubayajya kumwanya wambere
Nakomereze ahonatwe
turamushyigicyiyepe!
Uyumukinyi ni sawa pe aratuma Urwanda tumenyekana courage pe Imana imushoboze Ku mpanoye
kbx umunyarwandanda n’uwigira nakomereze aho agaragaze uwo ariwe
ndimashami vensa ntahitampu hamagara kbx 2
uwo mukinnyi ararenze kbs ahubwo njyewe nkurikije
ubuhangabwe ndu mutoza wa mavubi nahita muhamagara vubavuba
uwo mukinnyikbs nakomereze aho