Omar Sidibé wari umaze icyumweru kirenga ari mu Rwanda aho yaje gukinira ikipe ya Rayon Sports, kuri uyu wa mbere ni bwo yabashije gushyira umukono ku masezerano, asinya amasezerano y’imyaka ibiri.

Uyu mukinnyi wanagaragaye mu mukino wa gicuti bakinnye na AS Kigali, ndetse akanatanga umupira wavuyemo igitego, ari no ku rutonde rw’abakinnyi Rayon Sports izifashisha mu mikino ya CAF Champions League.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
twishimiye uwomukinnyi musha