Ni umukino w’umunsi wa 30 wa Shampiyona, ari nawo ikipe ya Rayon Sports izahabwaho igikombe cya Shampiyona yamaze kwegukana.

Rayon Sports iheruka kwegukana igikombe i Kirehe, izagishyikirizwa ku mukino wa Marines
Uyu mukino wagombaga kubera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, ariko Rayon Sports yaje gusaba Stade Amahoro ibinyujije kuri Ferwafa, iza kuyihabwa na MINISPOC.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Ikigaragara ruriya rutonde ntago ruzarangira mu kuri kwarwo bitewe n’uko Federation tuyizi ubu igiye guhimba uburyo izamanutse zimwe zagarurwa.
Nibyo FERWAFA imbere ya MINISPOC iburizwamo. Ziriya ni inyungu z’igihugu ntabwo ari iza associations.