Uyu mukino wagombaga kuzaba kuwa gatatu tariki ya 06 Ugushyingo ,ukabera ku Mumena isaa cyenda z’amanywa.
Mu ibaruwa ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryandikiye ikipe ya Kiyovu Sports risubiza iyo iyi kipe yari yanditse isaba ko umukino wakwimurwa, FERWAFA yavuze ko ubusabe bwa Kiyovu bwemewe.
Ikipe ya Kiyovu Sports iri ku mwanya wa kane n’amanota 14, mu gihe APR FC iyoboye urutondwe rwa shampiyona n’amanota 17.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|