Umufana wa APR yirukanwe muri club abarizwamo nyuma yo kwambara ubururu n’umweru

Ifoto y’umufana wa APR FC iri guhererekanywa cyane, nyuma y’uko agaragara yambaye imyenda y"ikipe ya mukeba.

Uyu mufana ugaragara mu mwenda w’ikipe iterwa inkunga na Skol yandikiwe na Club y’abafana abarizwamo, imubwira ko imuhagaritse burundu nk’umunyamuryango, kuko yagaragaye "yambaye umwambaro w’ikipe tudashatse kuvuga mu izina."

Bavuze ko ibi ari ugusebya Club abarizwamo, ndetse n’ikipe ya APR asanzwe afana muri rusange.

National Football League

Ibitekerezo   ( 1 )

Ibi ni ubwenge buke,ikipe se batavuga mw’izina ni bwoko ki?
Icya kabiri guca umuntu muri fan club?!?!?Nari ngize ngo bamuciye mu Rwanda banamwirukana mu kazi kamutunze!

Mugisha yanditse ku itariki ya: 10-03-2026  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka