Uyu mufana ugaragara mu mwenda w’ikipe iterwa inkunga na Skol yandikiwe na Club y’abafana abarizwamo, imubwira ko imuhagaritse burundu nk’umunyamuryango, kuko yagaragaye "yambaye umwambaro w’ikipe tudashatse kuvuga mu izina."
Bavuze ko ibi ari ugusebya Club abarizwamo, ndetse n’ikipe ya APR asanzwe afana muri rusange.
National Football League
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Ibi ni ubwenge buke,ikipe se batavuga mw’izina ni bwoko ki?
Icya kabiri guca umuntu muri fan club?!?!?Nari ngize ngo bamuciye mu Rwanda banamwirukana mu kazi kamutunze!