Wari umukino wa mbere wo mu itsinda rya kabiri u Rwanda ruherereyemo, aho igice cya mbere cyarangiye amakipe yombi anganya ibitego 14-14.
Mu gice cya kabiri, u Rwanda rwabanje gusiga Uganda, aho mu minota itatu ya mbere u Rwanda rufite 17-14, Uganda yongera kwigaranzura u Rwanda iyisigaho igitego kimwe.
Amakipe yakomeje kugendana, umukino urangira u Rwanda rwegukanye intsinzi ku bitego 30-29.

Kuri uyu wa kabiri u Rwanda rurakina umukino wa kabiri n’u Burundi, ruzasoze amatsinda rukina na Sudani

National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|