
Nyuma y’aho mu kwezi gushize u Rwanda rwari ruri ku mwanya wa 23, rukaba rwake gusbira inyuma ho imyanya 24, ku rutonde ruyobowe na Brazil yari imaze imyaka irindwi idafata umwanya wa mbere.
Ibihugu 10 bya mbere muri Afurika n’umwanya ruriho ku isi
1. (19) Egypt
2. (30) Senegal
3. (33) Cameroon
4. (35) Burkina Faso
5. (40) Nigeria
6. (41) Congo DR
7. (42) Tunisia
8. (45) Ghana
9. (48) Côte d’Ivoire
10. (53) Morocco

Ibihugu 10 bya mbere ku isi
1 Brazil
2 Argentina
3 Germany ( Ubudage)
4 Chile
5 Colombia
6 France
7 Belgium (Ububligi)
8 Portugal
9 Switzerland (Ubusuwisi)
10 Espagne
Bimwe mu byaranze uru rutonde rw’uku kwezi
Igihugu cyinjiye mu icumi bya mbere: Ubusuwisi bwageze ku mwanya wa 9 buvuye ku wa 11
Igihugu cyasohotse mu bihugu 10 bya mbere: Uruguay yageze ku mwanya wa 15 ivuye ku mwanya wa 9
Igihugu cyazamutse mu manota cyane: Brazil yazamutseho amanota 127
Igihugu cyazamutse imyanya myinshi: FYR Macedonia yazamutse imyanya 33
Igihugu cyatakaje amanota menshi: Liberiayatakaje amanota 146
Igihugu cyatakaje imyanya myinshi: Liberia yatakaje imyanya 39
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Ok, igihugu cyacu kili inyuma muli Ruhago, nibyo n’ikimwaro, kandi nta mugabo utagwa. Nyamara aliko dufite abakinnyi bashoboye, gusa bakeneye kwitoza.
Tubahe ikizere aliko bavandimwe. Bafite inshingano zikomeye zo guhagaralira urwatubyaye. Biratureba rero. Ni tubashyigikire ubu baradukeneye twese ni abacu.
Bantu bacu, reka dushyigikire abakinnyi bacu bibahe imbaraga zo guhesha igihugu cyacu ishema. Turabashyigikiye.