Ikipe ya AS Vita Club yakatishije itike yo kwerekeza mu matsinda y’igikombe gihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo , nyuma yo gusezerera ikipe ya Gambia Ports Authority bayitsinze ibitego 2-0

Sugira watsinze igitego cye cya mbere muri Vita Club mu marushanwa ya Champions league
Igitego cya mbere cya As Vita Club cyatsinzwe n’umunyarwanda Sugira Ernest n’umutwe mu gice cya mbere, icya kabiri gitsindwa mu gice cya kabiri.
Iyi kipe ya Gambia Ports Authority yari yanganyije na Vita Club mu mukino ubanza 1-1, ubu izategereza tombola izayihuza n’amakipe yakomeje muri CAF Confederation Cup arimo na Rayon Sports.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
rayon sport ikipe yimana ndayikunda cyane
nimumuze dushigikire gikundiro yacu kndi tuyibehafi kandi burimufana wayo ashishikarize buriwese kuyigwa inyuma ?
Leyo Leyo Ikipe Y’ Imana Na yesu Ntibamwemeraga Ariko Yabaye Umwami Wacu Wibihe Byose Nawe Leyo Ntuzava Mumitima Yacu Nabanyarwanda Tukurinyuma Tsinda Amakipe.
dushyigikire footboll tureke amatiku
Gikona Muceceke Kuko Na Star A Domicile Pepigneli Yarayibambuye Ako Niko Gatebo Mugezemo, Naho Rayon Ntigihangana Namwe Mwabaye Toto Kabisa, Ahubwo Nimusenge Apr Izabone Numwanya Wa3, Mbega Murisa Enterview Ze Zitangizwango:nkumutoza Murabona: Muribuko Ibaruwa Rayon Fans Twabandikiye? Indirimbo Twabahimbiye? Sibyo Bibahoc? Rayon Izicarfia Iyotuzatombora Yose Tuzayitera Mwabikonamwe guseba Kwiza Kurimwe Apr Mwe!!
@samuel we arandangije ngo gikona ni star a domicile burya namwe muzi ko ari star muzagere aho yageze muri demi finale ya confederations cup ndumva ahubwo ari mwe mukeneye kugera mu matsinda kugira mwese agahigo APR yabarushije?? Zanaco yasezereye amakipe yo mu karere nka APR na Yanga bivuze ko ikomeye kurusha ikipe isezerera andi ku giceri. Nkubu muhuye na Mazambe muzi ko nayo ari gikona cyambara umukura n’umweru mbaga byana uburyohe kuyifanaaaaaaa??
Twe bagikundiro twageze kuri 1/2,tubuzwa gukina final na genocide yakorwe abatutsi yari yatangiye gushyirwa mu bikorwa mu Rwanda.Uzabaze,mwe mwari mwahagera.
byandushimisha nkabakunzi bumupira wamaguru mu Rwanda nka rayon igiye mumatsida
Ariko abavuga ko reyon yazamukiye kugiceri mugirango sumugambi w’Imana ahubwo mube mutetse muraje murebeko mudatungurwa nokubona nigikombe tugitwaye!!
haruwazamikiye kugiceri se kurenza portugar cyangwase Cameroon mubwongereza seho ibyahabaye umwaka ushize urabyibuka ariko giko iyo icyo gikona cyanyu cyapfuraguritse muba muziko nagikundiro imeze nkamwe mwihangane star a domicile we kuko ntiwaba wananiwe pepiniyeri ngo ushobore zanako
Ntago Portugal yazamukiye ku giceri yarabikoreye igera finale inatwara igikombe.Naho kuvuga ngo ntago waba wananiwe Pépinière ngo unanirwe Zanaco? Ubu se wowe igikona kigukubise kangahe kikurikiranya? Ibya Star à domicile byo byibagirwe kuko ntago nzi Rayon Sports aho yaba yarageze APR itaragera.
We Rayon nayifashe ubu nka ya RwandaB mwitege ikizaba
Nikose bahungu mwe iyo kipe ya gambia irashoboye kuburyo yadukuriramo rayon yazamukiye kugiceri? ubusanzwe ndi igikona.
Umva mbese ngo ni igikona umuntu muzima?uri nigikona koko mubanze mukiranuke na pipiniere.
Twishimiye uburyo abakinnyi babanyarwanda bakomeje kwitwara neza mumakipe Yabo bakomerezaho kabisa