Nyuma y’amakuru yari amaze iminsi avugwa ko Sugira Ernest yerekeje muri Police FC, ubu yamaze kuba umukinnyi wa Rayon Sports nk’intizanyo ya APR FC mu gihe cy’umwaka n’igice.

Uyu rutahizamu w’Amavubi na APR FC, yari amaze amezi abiri ari mu bihano yahawe n’ikipe ya APR FC, nyuma yo kubisoza umutoza we akaba yaragagaraje ko uyu mukinnyi atakiri mu mibare ye kuko hari abandi ba rutahizamu bahagaze neza kumurusha.

Ibaruwa Rayon Sports yandikiye APR FC itira Sugira
National Football League
Ibitekerezo ( 10 )
Ohereza igitekerezo
|
Niko bimeze nkabafana ba rayon rwose twaremeye iraturusha iriya team
Nukumukinisha imikino yose!
Tugedufana,tunemere
nkaba,reyo,igihemwasakurijentimurambirwa
APR FC,ntimwemera,ibarusha
nkintoremutsubize.
Apr ntikina baratoranya abobashaka muri Rayon sport bagaha rayon abobadakeneye ubwurumva nihatari.
Welcome @ Sugira to the Rayon Sport community.We wish you success in this wonderful and electric team.
iBI NDABISHIMA CYANE RWOSE, EREGA IBINTU NI AMAHORO !!!!!!!!!!!!! ubundi se ni nde wababwiye ko foot ball ari intamabara ? jyewe ahubwo ntegereje kubona umukino wa Gicuti hagati y’aya makipe APR FC Vs RAYONS SPORT FC . nta mpamvu y’inatamabara muri sport
APR TSINDA. UJYE UBAHA N’ABAKINNYI RWOSE. YENDA BAREBANIBURA AHO AMAZAMU YUBATSE. UZI GUKINA IMINOTA 90 UKARANGIZA UTEREKEJE NO KU IZAMU? APR KUBITA UTABABARIRA.
Mwarangiza ngo muzongera gutsinda APR????????!!!!isigaye ibatiza abakinnyi? iyi kipe rwose ikomeje kuba Rayons sport yahoze ari APR, tubyemere rwose DERBY ni hagati ya kiyovu na Rayon sport nta by’APR gasenyi rwose biraragiye ibaye umugore w’ igikona peeeee
Gutiza sicyokibazo ahubwo araje abatsinde mwumirwe
Iyoba gusaza kubakinnyi kutabagaho;Roberto Carlos aba agikina;Cafu aba agikina ;Samuel Etoo;Drogba;Thierry Henry;Tores;Ndiefi......;Sugira rero nawe yarashaje ndetse kurenza abo nasize haruguru!Naze yizare,kuko ntiyakwicaza Bizimana Yannick;nta gishya rero mutezeho byongeye tugeze aho dukuburirwa na Mukeba....!!!!