Aba bakinnyi berekanywe nyuma y’uko Serumogo Ally atandukanye na Rayon Sports ku mugaragaro tariki 17 Mutarama 2026 nyuma y’imyaka ibiri n’igice ayikinira mu gihe Shaban Hussein Tshabalala we yaherukaga kugurishwa na Musanze FC tariki 11 Mutarama 2026 aho iyi kipe yamubonyemo miliyoni 11 Frw mu gihe we yahawe miliyoni 9 Frw.
Iyi kipe yatangaje ko Shaban Hussein Tshabalala yasinye amasezerano y’umwaka umwe mu gihe Serumogo Ally yayisinye amasezerano y’imyaka ibiri ayikinira, ibi byose bikaba byakoze aba bombi basoje gukora ikizamini cy’ubuzima.
Shaban Hussein Tshabalala ubwo yakorerwaga ikizimani cy’ubuzima
Serumogo Ally akorerwa ikizamini cy’ubuzima
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|