Ibi yabitangaje ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo aho yavuze ko yasinye amasezerano azageza mu 2025.
Yagize iti" Umunyezamu wacu ufite impano,Nicholas Sebwato azakomeza kuguma muri Mukura VS yacu ikundwa kugeza 2025,nyuma yo kongera amasezerano."

Sebwato Nicholas nyuma yo kongera amasezerano
Kuva shampiyona ya 2022-2023 yarangira ni umunyezamu wifujwe n’amakipe atandukanye arimo Rayon Sports,Kiyovu Sports yewe na Musanze FC yigeze kumwifuza ariko ikabona ibyo asaba aribyo amafaranga yaba umushara n’ayo kumugura itabibona.

Ni umunyezamu wifuzwaga n’amakipe akomeye mu Rwanda

National Football League
Ohereza igitekerezo
|