Nyuma y’imyaka 10 AS Kigali yiharira ibikombe muri Shampiyona y’abagore, Scandinavia ibashije guhindura amateka nyuma yo gutsinda AS Kigali.


Igitego kimwe rukumbi muri uyu mukino cyatsinzwe na Ukwikunda Jeannette ku munota wa 23 w’igice cya mbere, umukino urangira AS Kigali itabashije kwishyura.
Scandinavia yari yanatsinze AS Kigali mu mukino ubanza wabereye i Kigali, yegukanye iki gikombe itsinze imikino yose ya Shampiyona, ihabwa igikombe na Sheki ya Milioni 3,500 Frws.
Amwe mu mafoto yaranze uyu mukino











National Football League
Ohereza igitekerezo
|