Rwatubyaye na Haruna Niyonzima mu bakinnyi bahamagawe mu Mavubi-Urutonde

Rwatubyaye Abdul na Niyonzima Haruna bari mu bakinnyi bahamagawe mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda "AMAVUBI" yitegura gushakisha itike ya CHAN 2023

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ni bwo umutoza w’ikpe y’igihugu y’u Rwanda "Amavubi" Carlos Alos Ferrer yashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi bagomba gutoranywa abakinnyi bazakina umukino wo guhatanira itike ya CHAN 2023.

Mu bakinnyi 24 bahamagawe harimo amaraso mashya, aho twavuga nka ba myugariro baa Rayon Sports nka Ndizeye Samuel na Rwatubyaye Abdul wari umaze iminsi akina hanze y’u Rwanda.

Mu bandi bakinnyi bahamagawe harimo kapiteni w’ikipe y’igihugu "AMAVUBI" Haruna Niyonzima utari wahamagwe mu mikino ibiri y’Amavubi iheruka, ndetse na Niyonzima Olivier Sefu wari warahagaritswe.

Urutonde rurambuye

National Football League

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka