Nyuma y’amatora amaze iminsi akoreshwa n’ikipe ye ya SwitchBack Fc ibinyujije ku mbuga zayo, Abdul Rwatubyaye yaje guhiga abandi bakinana mu majwi y’abafana.

Rwatubyaye Abdul ugiye kuzuza imyaka ibiri akina muri shampiyona ya Leta zunze ubumwe z’amerika aho yatijwe mu cyiciro cya kabiri, ashobora gusubira mu cyiciro cya mbere mu mwaka utaha w’imikino
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Njye ndashaka kuba umunyamakuru wanyu muri siporo kandi numva ubushobozi mbufite buhagije.murakoze
Njye ndashaka kuba umunyamakuru wanyu muri siporo kandi numva ubushobozi mbufite buhagije.murakoze