Rwatubyaye Abdul yatowe nk’umukinnyi ukunzwe n’abafana mu ikipe ye

Myugariro w’umunyarwanda Abdul Rwatubyaye, yatowe n’abafana nk’umukinnyi ukunzwe n’abafana mu ikipe ye mu mwaka wa 2019

Nyuma y’amatora amaze iminsi akoreshwa n’ikipe ye ya SwitchBack Fc ibinyujije ku mbuga zayo, Abdul Rwatubyaye yaje guhiga abandi bakinana mu majwi y’abafana.

Rwatubyaye Abdul ugiye kuzuza imyaka ibiri akina muri shampiyona ya Leta zunze ubumwe z’amerika aho yatijwe mu cyiciro cya kabiri, ashobora gusubira mu cyiciro cya mbere mu mwaka utaha w’imikino

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Njye ndashaka kuba umunyamakuru wanyu muri siporo kandi numva ubushobozi mbufite buhagije.murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 9-11-2019  →  Musubize

Njye ndashaka kuba umunyamakuru wanyu muri siporo kandi numva ubushobozi mbufite buhagije.murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 9-11-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka