Rutahizamu ukomoka muri Côte d’Ivoire yasinye muri Rayon Sports (AMAFOTO)

Nyuma y’iminsi akora igeragezwa mu ikipe ya Rayon Sports, rutahizamu Drissa Dagnogo yamaze kuyisinyira amasezerano y’imyaka ibiri

Ni umukinnyi umaze amezi hafi abiri, ubu ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha uyu rutahizamu Drissa Dagnogo amasezerano y’imyaka ibiri kuri uyu wa kane mu gitondo.

Uyu rutahizamu kandi usibye imyitozo yakoranaga na Rayon Sports, yanayikiniye umukino wa gicuti yatsinzemo Gasogi ibitego 3-1, akaba yaranatsinzemo igitego.

Uyu rutahizamu mbere yo kwerekeza mu Rwanda, yakinnye mu makipe atandukanye arimo ASFA Yennenga yo muri Burkina Faso yakiniye 2009/2010, ASEC Mimosa na Africa Sports zo muri Côte d’Ivoire, akina kandi muri i Dubai, Cyprus ndetse no muri Afurika y’Epfo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 6 )

salama bro ni Gentlo rusizi sammy akazikoxe
kuri izi information ubuduha kbx za gikundiro
yacu ubuduha kbx congz nonex uwo munya ginea bmz bte

Gentlo yanditse ku itariki ya: 6-12-2019  →  Musubize

Muraho Turabakunda cyane kandi turabakurikiye
A.P.R fc Tuyirinyuma nikomerezaho
ni Fabrice Kibagabaga Muduha amakuru Ku ikipe y’igihugu
murakoze

NZAYISENGA fabrice yanditse ku itariki ya: 29-11-2019  →  Musubize

ntacyo azakora ubu rayon sport iraciriritse kuva Jules Ulimwengu yavamo

irankunda tharcisse yanditse ku itariki ya: 29-11-2019  →  Musubize

Azatangira gukina ryari

Tuyiringire Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 28-11-2019  →  Musubize

Azatangira gukina ryari

Tuyiringire Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 28-11-2019  →  Musubize

Ni byiza azatangira gukina ryari?

Tuyiringire Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 28-11-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka