
Ni ubukwe bwabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 9 Kanama 2025, burangwa n’udushya dutandukanye turimo kuba hacuranzwemo indirimbo z’ikipe ya APR FC uyu mugabo yihebeye, maze akacinyana akadiyo n’umukinzi we Dovine basezeranye kubana akaramata.
MY MEEEEEINNN WA #RUJUGIRRRRROOOO
SAWA SAWA KABISAA….
IBIRORI BYIZA CYANE BYA #Rujugiro UMUKUNZI UKOMEYE WA @aprfcofficial #INKERA YATANGIYEEE
Congrats on your wedding my Mein #RUJUGIRO Wishing you all the happiness and good vibes for your new life with your family Bro! pic.twitter.com/iw7jghgUjA
— IMFURAYACU Jean Luc (@imfuraluc01) August 9, 2025
Rujugiro na Uwimana Dovine bari bamaze imyaka itandatu bakundana, nyuma yo guhurira mu mashuri yisumbuye. Basezeranye imbere y’Imana nyuma y’uko tariki 19 Kamena 2025, basezeranye imbere y’amategeko mu muhango wabereye ku Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge.

National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|