Ni umukino wari wabanje kurangwa no guhangana mu magambo hagati y’amakipe yombi, ariko nta n’imwe ishyize mu bikorwa ibyo yatangaje
Kiyovu yafunguye amazamu ku munota wa 60, kuri koruneri yari itewe na Armel Djimoe, Saba Robert wari winjiye asimbura ahita atsinda igitego n’umutwe.
Nyuma y’iminota itatu gusa Gasogi United yaje guhita yishyura, ku gitego cy’umutwe cyatsinzwe na Guy Bahati ku munota wa 63
















Amafoto: Nyirishema Fiston
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Ntarwabuze gica kandi Umusiguzi yaruciye
Gusa iyi misifurire ikwiye gukosorwa cg bakajya bemerera abasifuzi hashingiwe kubushobozi busanzwe baba bafite kubijyanye n"umutungo undi mwuga umubeshejeho kuko hari abaza gushakira amaramuko mu kibuga bacuruje ifirimbi mugihe baba babuze ibindi bacuruza nka telefoni zinjurano n’ibindi....