Ni umukino wabereye kuri Stade Amahoro i Remera, aho wari ugamije kwizihiza Yubile y’imyaka 100 ya Padiri Fraipont Ndagijimana wavutse mu mwaka wa 1919, ubu akaba yaritabye Imana.

Muri uyu mukino Rayon Sports yatsinze Mukura ibitego 3-0 byatsinzwe na Yannick Bizimana mu gice cya mbere, ndetse na Habimana Hussein na Oumar Sidibé mu gice cya kabiri.
Iki gikombe cyaherukaga gukinirwa mu mwaka wa 1983, aho cyari cyegukanywe na Mukura itsinze Rayon Sports ibitego 3-2.
Andi mafoto kuri uyu mukino










National Football League
Ohereza igitekerezo
|
byari byiza gutsinda mukura no kubona abanyacyubahiro babyitabiriye nka Monseigneur wa kigali na Ministiri w.ubuzima.