Ibi byatangajwe n’iyi kipe ibinyujije ku mbugankoranyambaga zayo aho yavuze ko "Mohamed Chelly yatandukanye na Rayon Sports ku bwumvikane busesuye.Tumwifurije guhirwa mu hazaza."
Muri iyi kipe kandi umutoza Azouzi Lotfi wari wungirije, nubwo tariki 14 Ugushyingo 2025 Rayon Sports yatangaje ko batandukanye kimwe na Afahmia Lotfi wari umutoza mukuru, kuri uyu wa Kabiri nibwo yasinye impapuro zemeza ko ntacyo azabaza ikipe, nko kuba yazayirega muri FIFA mu gihe hanakomeje ibiganiro biganisha kuri aya masezerano hagati y’iyi kipe n’uwari umutoza mukuru.
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|