Rayon Sports yasinyishije Nkundimana Fabio imaze imyaka ine yifuza

Ikipe ya Rayon Sports yasinyishije Nkundimana Fabio wakiniraga Marine FC, yigeze kwifuza mu 2022.

Amakuru Kigali Today yemerewe n’umwe mu bantu yemeza ko uyu musore iyi kipe yifuje mu 2022 bikarangira asinyiye APR FC yaje kumutiza muri Marine FC yasinye amasezerano kuri uyu wa Gatandatu.

Ati" Yego yasinye."

Nkundimana Fabio w’imyaka 24 y’amavuko ukina hagati mu kibuga yasinyiye Rayon Sports imyaka ibiri.

National Football League

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka