
Kuri uyu wa mbere ubwo abakinnyi ba Rayon Sports bageraga ku kibuga cy’imyitozo mu Nzove, bahasanze itangazo ribamenyesha ko ikibuga kitaboneka.
Nyuma y’iminota abakinnyi bamaze bicaye hanze abandi bari mu modoka, bahise bahamagarwa ngo bagaruke mu nama mu mujyi.
Ikipe ya Rayon Sports iri gutegura umukino w’umunsi wa munani wa Shampiyona uzayihuza na Marines kuri uyu wa Gatatu.






National Football League
Ohereza igitekerezo
|
ni guteikipe yagera ku kibuga ntikore imyitozo kandi bafitanye amasezerano na skol ikwiriye kubona impoza marira pegusa rayon ni rebekure ikodeshe mu gihecy’umwaka terrain synthethique naho ubundi ubwumvikane bucye buri mwikipe buzajya buyikoraho ku baba basinye amasezerano bacyuye igihe
Ark nkamwe gutangaza inkuru ituzuye sibyo,ubuse gushyiraho impamvu ikibiga kitabonetse byabananiye!
ku itangazo ariko hariho impamvu ikibuga cyafunzwe.
Ikipe y’Imana ntacyoyaba yashinzwe kurutare rwose ntacyo izaba
Ikipe y’Imana nta cyayihungabanya
Yebaba we, naringizengo ni wowe wayisimbura none nukuyisimbuza indi kipe, ngaho uvuye ngaho ugiye kuko zose zirasakuza. Pôle sana
iyi nkuru ntiyuzuye
Yaba baribayibujije burundu kko Rayons sports twayisimbuza Amagaju muri champions.naba nkize Induru zabo zamatakirangoyi
Urakoze kuvuga ubusa!
Nari ngizengo wayisimbura naho ni ukuyisimbiza indi kipe ntacyo waba uhunze rwose uracyapfa n’induru.pôle sana.
Arko abantu bikigihe baransetsa koko urumva wayifuriza ko yava muri shampion gusa isubireho ntawugiseka kuko uracitswe mukuvuga
Umutindi ntagwa arahirima nawe warose ikyubabaye haaaa rayon
Ni equipe ya rubanda sha barakubeshye ntabwo dutunzwe na leta
Cyore! ibi ni iki? muduhe amakuru ahagije.