Rayon Sports yamuritse umwambaro izambara inaha abakinnyi numero-AMAFOTO
Muri Petit Stade I Remera, rayon Sports yaraye ikoze ibirori byo kumurika umwambaro mushya ndetse inaha abakinnyi numero bazajya Bambara
Ni umuhango watangiye ku I Saa Moya z’umugoroba, aho wari witabiriwe n’abafana benshi bari buzuye Petit Stade, by’umwihariko ababumbiye mu matsinda y’abafana atandukanye.
Muri ibi birori, umuhango nyamukuru kwari ukumurika umwambaro mushya iyi kipe izajya yambara mu mwaka w’imikino utaha, aho uri mu bwoko butatu burimo uwo bazajya Bambara ku mikino bakiriye, uwo bazambara bakiniye hanze, ndetse n’umwambaro wa gatatu uzajya wifashishwa igihe habayeho guhura n’ikipe bahuje amabara.
Amafoto y’uko byari bimeze
Yannick Mukunzi ahabwa umwambaro
Petit Stade yari yakubise yuzuye
Umwambaro Rayon Sports izajya yambara yakiniye mu rugo
Manzi Thierry Kapiteni wa Rayon Sports yongeye guhabwa numero 4
Eric Rutanga azakomeza kwambara gatatu (3)
Umwambaro wa gatatu Rayon Sports izajya ikinana
Umwambaro wo kwambara bagiye gukina
Imipira bazajya bakinana
Imwe mu myenda ya Rayon Sports
Bimenyimana Bonfils Caleb azambara 7
Eric Rutanga yahawe numero na Musangabatware Clement, Umuvunyi mukuru wungirije
Irambona Eric, umwe mu bakinnyi bamaze iminsi muri Rayon Sports
Muhire Kevin uheruka gutorwa nk’umukinnyi w’umwaka muri Rayon Sports yasubijwe nomero 11
Niyonzima Olivier Sefu usanzwe wambara 21
Mutsinzi Ange azambara nomero 5
Tuyishime Eric Congolais yereka abafana ba Rayon Sports ko ikipe ayifite ku mutima
National Football League
Ibitekerezo
( 1 )
Rayon sport turayikunda kdi turashimira nabayobozi bayo gahunda barigutangiza zo guha abakinnyi bacu morare ndabona aba Rayon bafite gahunda nkiziburayi
bakomereze aho tubarinyuma
nsabimana daniel yanditse ku itariki ya: 28-10-2018 → Musubize
Rayon sport turayikunda kdi turashimira nabayobozi bayo gahunda barigutangiza zo guha abakinnyi bacu morare ndabona aba Rayon bafite gahunda nkiziburayi
bakomereze aho tubarinyuma