Ni umuhango watangiye ku I Saa Moya z’umugoroba, aho wari witabiriwe n’abafana benshi bari buzuye Petit Stade, by’umwihariko ababumbiye mu matsinda y’abafana atandukanye.
Muri ibi birori, umuhango nyamukuru kwari ukumurika umwambaro mushya iyi kipe izajya yambara mu mwaka w’imikino utaha, aho uri mu bwoko butatu burimo uwo bazajya Bambara ku mikino bakiriye, uwo bazambara bakiniye hanze, ndetse n’umwambaro wa gatatu uzajya wifashishwa igihe habayeho guhura n’ikipe bahuje amabara.
Amafoto y’uko byari bimeze
National Football League
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Rayon sport turayikunda kdi turashimira nabayobozi bayo gahunda barigutangiza zo guha abakinnyi bacu morare ndabona aba Rayon bafite gahunda nkiziburayi
bakomereze aho tubarinyuma