Ni umuhango watangiye ku I Saa Moya z’umugoroba, aho wari witabiriwe n’abafana benshi bari buzuye Petit Stade, by’umwihariko ababumbiye mu matsinda y’abafana atandukanye.
Muri ibi birori, umuhango nyamukuru kwari ukumurika umwambaro mushya iyi kipe izajya yambara mu mwaka w’imikino utaha, aho uri mu bwoko butatu burimo uwo bazajya Bambara ku mikino bakiriye, uwo bazambara bakiniye hanze, ndetse n’umwambaro wa gatatu uzajya wifashishwa igihe habayeho guhura n’ikipe bahuje amabara.
Amafoto y’uko byari bimeze

Yannick Mukunzi ahabwa umwambaro

Petit Stade yari yakubise yuzuye

Umwambaro Rayon Sports izajya yambara yakiniye mu rugo

Manzi Thierry Kapiteni wa Rayon Sports yongeye guhabwa numero 4

Eric Rutanga azakomeza kwambara gatatu (3)

Umwambaro wa gatatu Rayon Sports izajya ikinana

Umwambaro wo kwambara bagiye gukina

Imipira bazajya bakinana

Imwe mu myenda ya Rayon Sports



Bimenyimana Bonfils Caleb azambara 7

















Eric Rutanga yahawe numero na Musangabatware Clement, Umuvunyi mukuru wungirije

Irambona Eric, umwe mu bakinnyi bamaze iminsi muri Rayon Sports

Bukuru Christophe uheruka kugurwa avuye muri Mukura

Muhire Kevin uheruka gutorwa nk’umukinnyi w’umwaka muri Rayon Sports yasubijwe nomero 11

Niyonzima Olivier Sefu usanzwe wambara 21

Mutsinzi Ange azambara nomero 5

Tuyishime Eric Congolais yereka abafana ba Rayon Sports ko ikipe ayifite ku mutima





National Football League
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Rayon sport turayikunda kdi turashimira nabayobozi bayo gahunda barigutangiza zo guha abakinnyi bacu morare ndabona aba Rayon bafite gahunda nkiziburayi
bakomereze aho tubarinyuma