Ikipe ya Rayon Sports niyo yafunguye amazamu ku munota wa 30 w’umukino, nyuma yo guhererekanya neza kw’abakinnyi bo hagati, maze Shabban Hussein ahita atsindira Rayon Sports igitego cya mbere, ari nako igice cya mbere cyarangiye.

Mu gice cya kabiri cy’umukino, ikipe ya Lydia Ludic Burundi yihariye umukino isatira cyane ikipe ya Rayon Sports gusa byose ntacyo byaje gutanga kuko Rayon Sports yihagazeho umukino urangira ari cya gitego 1-0 cya Rayon Sports.
Abakinnyi Rayon Sports yabanje mu kibuga:Ndayishimiye Eric Bakame, Mutsinzi Ange, Manzi Thierry, Usengimana Faustin, Eric Rutanga, Niyonzima Olivier Sefu, Kwizera Pierrot ,Muhire Kevin, Nahimana Shassir, Manishimwe Djabel na Shabban Hussein Tchabalala.
Nyuma yo gusezerera iyi kipe, Rayon Sports igomba kuzahita ihura na Mamelodi Sundowns yo muri Afurika y’Epfo mu kwezi gutaha, izawutsinda ikazahita yerekeza mu matsinda ya CAF Champions league.
National Football League
Ibitekerezo ( 13 )
Ohereza igitekerezo
|
RARON.SPORT.TURARASHAKA,IGIKOMBE,DUHANE.APR,FC
IZADUFASHE ITSINDE MAMELODI, BAKOZE ABASORE BACU.
nibyonibyo kabissa
oyeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee Gikundiro
Twishimiye intsinzi y’ikipey’Imana, abarayons turayeneza Karisa
turavunaguza wangu
Twishimiye itsinzi yagikundiro kbs twerekanyeko dushoboye
AMEN, MAYERE ABONYEKO IBIKORWA BIRUTA AMAGAMBO. DUSHIMYE IMANA IDUHAYE INTSINZI YARI IKENEWE PEEE. ABAHUNGU BACU NIBAZE BITEGURE APR kandi bamenye ko a kabiri kataba mu rugo rw’umugabo
RAYONSPORT ikipe ya Rubanda ituraje neza. Bravo bana b’u Rwanda.
Twishimiye itsinzi yagikundiro kbs twerekanyeko dushoboye
turashyigikiye nti garuke iwacu ishanyaguza za kikiyovu ziduhe umwanya wacu wa 1
nibyiza cyane kuba reyon. kuko mayele yari yadusuzuguye nkabanyarwanda abubwo bayitsinze bike ariko ntacyo ubu tugiye gutegura macth ya APR FC