
Ikipe ya Rayon Sports yatangiye umukino ihererekanya neza, ku munota wa 22 Michael Sarpong yafunguye amazamu , mu gihe abafana ba Rayon bishimiraga igitego nyuma y’iminota itandatu gusa ku munota wa 28 NASSIR yishyuriye Al Hilal umukino urangira ari igitego 1-1.
Biteganijwe ko umukino wo kwishyura uzaba taliki 23 Kanama 2019 ukazabera i Karthoum muri Soudani.
ikipe izazamuka hagati y’amakipe yombi izahura n’izakomeza hagati ya Rahimo yo muri Burukinafaso na Enyimba yo muri Nigeria mu kiciro cya kabiri(second round) y’iyi mikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo.
Umukino ubanza Rahimo yatsinze Enyimba kimwe ku busa.
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|