Rashid Kalisa yongeye gusinyira AS Kigali

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Rashid Kalisa ukina hagati mu kibuga yongeye gusinyira AS Kigali yakiniye mu bihe butandukanye.

Ibi byatangajwe n’iyi kipe inyuze ku mbugankoranyambaga zayo aho yavuze ko uyu mugabo yagarutse mu rugo aho yasinye amasezerano azarangirana n’umwaka w’imikino 2025-2026.

Rashid Kalisa yaherukaga muri AS Kigali mu 2023 ubwo yayivagamo yerekeza muri Rayon Sports yakiniye umwaka umwe w’imikino 2023-2024.

National Football League

Ibitekerezo   ( 1 )

Yasinya yagira ariko sindamubabarira Penalty y’ubuswa yarase kuri Al Ahli BENGHAZI.

Didi yanditse ku itariki ya: 9-03-2026  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka