Itizwa ry’uyu musore w’imyaka 25 y’amavuko ryemejwe kandi na Rayon Sports ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere.
Ntabwo ari ubwa mbere Mugisha yisanze mu nzira zirimo Rayon Sports kuko mu ubwo yari asoje amasezerano mu mpeshyi ya 2025, yavuzwe muri iyi kipe ndetse ibiganiro bigera kure gusa birangira yongereye amasezerano muri Police FC.
Rayon Sports ikomeje kwiyubaka yitegura igice cya kabiri cya cya shampiyona 2025-2026, iravugwamo kandi abandi bakinnyi barimo myugariro w’iburyo wa Mukura VS Uwumukiza Obed.
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|