Police FC yasinyishije Manishimwe Djabel

Kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya Police FC yatangaje ko yasinyishije Manishimwe Djabel nyuma y’igihe nta kipe afite.

Isinya ry’uyu musore waherukaga mu ikipe ya Naft Al-Wasat Sports Club yo muri Iraq ariko amasezerano akaba yari yararangiye, Police FC yaritangaje ibinyujije ku mbugankoranyambaga zayo imuha ikaze.

Manishimwe yanyuze mu makipe menshi mu Rwanda nka Isonga, Rayon Sports, APR FC na Mukura mu gihe anze y’u Rwanda yanyuze muri USM Khenchela yo muri Algeria na Air Force Club yo muri Iraq.

National Football League

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka