Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu ahagana mu Saa Cyenda z’amanywa, ni bwo Gianni Infantino uyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA) yageze mu Rwanda, aho yihiytiye kuri Stade Amahoro akabanza kureba umukino Police Fc yanganyijemo na Rayon Sports ibitego 2-2.
Nyuma yahao yerekeje iruhande rwa FERWAFA ahari kubakwa Hotel y’iri shyirahamwe, maze ahashyira ibuye ry’ifatizo ndetse anatangiza igikorwa cy’ubwubatsi ku mugaragaro
Mu mafoto ...

Yabanje kureba umupira wa Police ba Rayon Sports






Yashimijwe no gufata umwiko n’imbaho y’amazi maze agatangiza iyubakwa rya Hotel ya FERWAFA



Lt Colonel Patrice Rugambwa, Umunyamabanga uhoraho muri MINISPOC wari uhagarariye Leta y’u Rwanda

Perezida wa Ferwafa yashimiye umuyobozi wa FIFA wasuye u Rwanda

Umuhanzi King James nawe yari yaje kureba uyu mukino wanarebwe na Perezida wa FIFA

Nyuma Gianni Infantino yaje gusinya mu gitabo cy’abahageze ndetse anabagenera ubutumwa


Banasangiye ku muvinyo

Nyuma yo gutangiza igikorwa cyo kubaka iyi Hotel




Amafoto: Muzogeye Plaisir
National Football League
Ohereza igitekerezo
|