Mu butumwa Umukuru w’Igihugu yanyujije ku rubuga rwa X, yagize ati “Arsenal yaduteye ishema twese. Turabashimiye."
Gutsinda uyu mukino byatumye Arsenal ikomeza kuba ikipe itaratsindwa muri Champions League, aho kugeza ubu mu mikino itanu yose imaze gukina yayitsinze, ikaba ifite amanota 15.
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|