Perezida Kagame na Infantino batangije ‘FIFA Football Festival’ (Amafoto)

Perezida Paul Kagame ari kumwe na Gianni Infantino, Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), batangije gahunda izwi nka FIFA Football Festival, yo guhuza abana bato hagamijwe kubafasha gusabana no kwidagadura, binyuze mu gukina umupira w’amaguru, aho buri mwana muri 220 itabiriye iki gikorwa yahawe umupira. Ni igikorwa cyanitabiriwe na Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire.

Kureba andi mafoto, kanda HANO

Reba ibindi muri iyi video:

National Football League

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka