
Nk’uko byatangajwe n’urubuga rwa interineti rw’iyi kipe, uyu mukinnyi yamaze guhabwa amasezerano yo gukina muri iyi kipe imyaka itatu.

Yamaze guhabwa umwambaro w’ikipe
Nshuti Innocent ujya unahamagarwa mu ikipe y’igihugu Amavubi, abaye umukinnyi wa kabiri wa APR Fc usinye mu ikipe yo hanze y’u Rwanda muri uyu mwaka, nyuma ya Bizimana Djihad werekeje muri Beveren yo mu Bubiligi.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Ngo nshuti utajya uhamagarwa mu mavubi? Muri CHAN yariyajyanye n’iyihe équipe ? Bonne chance Innocent, Imana izakujye imbere.
ujye usoma neza muvandimwe.