Mu mukino uza guhuza ikipe ya Azam Fc yo muri Tanzania ndetse n’ikipe ya Malakia,umukinnyi Mugiraneza Jean Baptiste werekeje muri iyi kipe avuye muri APR Fc,nibwo bwa mbere aza guhabwa amahirwe yo kubanza mu kibuga.


Abakinnyi baza kubanzamo
1.Manula Aishi salum
2.Shomari Kapombe
3.Kamagi Gadiel
4.Agrey Morris
5.Pascal wawa
6.Kheri Abdallah
7.Jean Mugiraneza
8.Domayo Franky
9.Salum Aboubakar
10. John bocco
11.Ammy Ali
Abasimbura
1.Mwadini Ali
2.Kipre Cheche
3.Mkami Himid Mao
4.Shah Farid MUssa
5.Erasto Nyoni
6.Morald Said Hussein
7.Abbas Mudathir Yahya.
Uyu mukino uza gutangira Saa cyenda zo mu Rwanda,uraza kuba ubera rimwe n’umukino wa APR Fc ubwo iri buze kuba ikina na Heegan yo muri Somalia.
Sammy IMANISHIMWE
National Football League
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
NDUMUKUNZI WA APR YIHANGANEGU TSINDWA BIBAHO
Ndumukunzi wa Gikundiro ariko APR nyifurije kubona insinzi ikarya kunote za Muzehe wacu.
Ndumukunzi wa Gikundiro ariko APR nyifurije kubona insinzi ikarya kunote za Muzehe wacu.