Mu kiganiro umutoza w’ikipe ya Rayon Sports aheruka kugirana na KT Radio mu kiganiro cyayo cy’imikino kizwi nka KT Sports, umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje abakinnyi abona ko ari bo bari kwitwara neza muri uyu mwaka w’imikino wa 2015/2016.

Uyu mutoza yaje gupanga ikipe yiganje mo abakinnyi ba Rayon Sports, aho iyi kipe ifite mo abakinnyi 6, mu gihe APR Fc iyoboye urutonde rw’agateganyo ifiite 3, Kiyovu Sports 1, AS Kigali 1.
Mu izamu: Batte Shamiru

Abakina inyuma :Ombolenga Fitina (Kiyovu Sports), Fiston Munezero (Rayon Sports), Emmanuel Imanishimwe (Rayon Sports), Rwatubyaye Abdul (APR Fc)


Hagati: Yannick Mukunzi (APR Fc), Iranzi Jean Claude ( APR Fc), Pierrot Kwizera (Rayon Sports), Savio Dominique Nshuti (Rayon Sports) na Davis Kasirye (Rayon Sports).

Rutahizamu: Ismaila Diarra (Rayon Sports)
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Ubwose bakame yamushyize he sefu sewe arihe
gembona yakabije gushyiramo Rayo gusa akibagirwagushyiramo Bayisenge cg koddo
Mwese nta byanyu nonese aba banymahanga bagaragara muri Equipe National mwabibonye hehe ?
Iyi Kipe Niyo Rwose Ariko Bakame Ntiyaburamo
Iyokipe yapanze abinyuma uwo yakavuyemo hakabonekamo soter na abdul . Abo hagati hakazamo zidane ,iranzi,kalume .abataka onesme na kasirye
yibajyiwe Mutuyimana musa. ariko ubundi niyo.
Bazayihuze namavubi iyandagaze.
jye mbona ikipe yapanze ariyo uretseko yibagiwe kapiteni wabayobora kandi bikagenda neza bakame
jye mbona ikipe yapanze ariyo uretseko yibagiwe kapiteni wabayobora kandi bikagenda neza bakame
jye mbona ikipe yapanze ariyo uretseko yibagiwe kapiteni wabayobora kandi bikagenda neza bakame