Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, ni bwo ikipe ya AS Kigali yemeje ko yamaze gutandukana na Masudi Djuma wari umutoza mukuru wayo kuva tariki 19/10/2018, akaba asezerewe azira umusaruro mubi no kutumvikana n’abo bakorana.

Masudi Djuma yasezerewe muri AS Kigali
Masudi Djuma wafashe umwanya wo gusezera abakinnyi n’abo bakoranaga muri AS Kigali, yari yaraje muri iyi kipe avuye muri Simba aho naho yari yasezerewe, akaba na yo yarayigiyemo amaze gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Masud yarakoz yasanz ikipe ari iya 15 none babony ari kumwany wa 8 baramwirukana kok ntakundi noneh izasimbura amagaju yanyuma pee!
Ntibakatubeshye AS Kigali nta gahunda y’igikombe ifite.Ikibigaragaza ni iki:
1-Onesme yabaye uwatsinze ibitego nyinshi uhita umuhanga muri APR
2-Yaguze Muhadjiri ihita imuha APR
3-Yaguze Savio na Ali nabo ibaha APR.Ubwo se wambwira ko ufite gahunda cyangwa ifite iyo kubana APR?