Ni urutonde rugaragaramo abakinnyi bahamagawe bwa mbere nka Bukuru Christophe wa APR Fc na Twizerimana Martin Fabrice wa Kiyovu, ndetse n’abandi bakinnyi bataherukaga barimo umunyezamu Kwizera Olivier.
Mu bandi bahamagawe kandi muri iyi kipe, harimo rutahizamu Sugira Ernest utari wahamagawe mu mikino iheruka ubwo yari mu bihano yari yahawe na APR FC, nyuma yo kwerekeza muri Rayon Sports akaba ari kwitwara neza aho amaze kuyitsindira ibitego 3 mu mikino itanu.

Amavubi azakina imikino yo gutegura CHAN
Urutonde rwahamagawe ndetse n’abatoza bazakorana n’umutoza Mashami Vincent

Mu kiganiro n’itangazazamakuru kandi Minisiteri ya Siporo ndetse na Ferwafa, banatangaje ko umutoza Mashami Vincent yahawe amasezerano y’umwaka umwe yo gutoza ikipe y’igihugu Amavubi.


National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Amavubi.tuyifurije insinzi abobasorentabwobakwemeragutanga urwababyaye turabizeye
URWANDA RU RABIKOZE PE MURA BIKWIYE UBU MUGIYE MURI KIMWE CYA KANE 1/4 EXERENS
Amavubi turayifuriza kwitwara neza
Turabashyigikiye icyo twifuza ni intsinzi naho Apr yange nikomeze isonge mbere murakze
Turabashyigikiye icyo twifuza ni intsinzi naho Apr yange nikomeze isonge mbere murakze
Turabashyigikiye knd icyo twifuza ni intsinzi murakoze