
Iyi kipe ivuze ko ishimira uyu mugabo kubyo yakoze mu bushobozi bwe, ndetse bakamwifuriza amahirwe masa aho akomereje ubuzima bwe.
Uyu mugabo yirukanywe nyuma y’uko atahiriwe n’urugendo rwe muri iyi kipe. Umukni umukino uheruka muri wikendi aho Manchester United yatsinzwe na Liverpool ibitego bitatu kuri kimwe, benshi batangira kubona ko urugendo rwa Mourinho muri Manchester United rugeze k’umusozo.
Dore ubutumwa bwirukana Mourinho bwanyuze kuri twitter.
Manchester United has announced that Jose Mourinho has left the Club.
We would like to thank him for his work during his time at Manchester United and wish him success in the future. #MUFC
— Manchester United (@ManUtd) December 18, 2018
National Football League
Ohereza igitekerezo
|