
Jean Marc Makusu (wambaye umuhondo) na Héritier Luvumbu
Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Héritier Luvumbu yavuze ko nta makuru afite ku igurwa rya Jean Marc Makusu, bakinanye imyaka itanu ndetse banakomoka mu gihugu kimwe cya RDC.
Yagize ati "Ntabwo mbizi mwabaza abayobozi, nta kintu na kimwe mbiziho. Twakinanye imyaka itanu muri Vita Club, ni inshuti yanjye turaziranye cyane.”
Jean Marc Makusu kugeza ubu ari mu bakinnyi 28 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, izifashisha mu mikino ya CHAN 2023, uretse Rayon Sports imwifuza bivugwa ko anifuzwa na Singida United yo muri Tanzania.
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Uyu mukinnyi se rayon sport ishaka ni rutahizamu nikomereze aho tuyiri inyuma murakoze