Kwizera Pierrot wari umaze imyaka ibiri mu ikipe ya AS Kigali yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Rayon Sports, nyuma yo gusoza amasezerano yari afitanye na AS Kigali.

Kwizera Pierrot wigeze gukinira ikipe ya Rayon Sports, ni umwe mu bakinnyi bakoranye amateka nayo yo kugera bwa mbere mu matsinda ya CAF Confederation Cup, ndetse inagera muri 1/4 cy’iyo mikino.


National Football League
Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
Rwose nibyagaciro kuba bagaruye pierrot
bazane nabandi nka lague
Batugarurire na yousef ikipe iraba yuzuye nicyo dusaba abayobozi bacu murakoze
TURASHIME MUZANE UMUTOZA
IMANA shimwe,Pierrot kuba yasnye,batugarurire na Yousef RARB,ubundi mutwitege. Ndi Deo from Nyamagabe.