Nyuma yo gutsindwa igitego 1-0 n’ikipe ya Rayon Sports, Perezida wa Gasogi United KNC yatangaje ibyo amaze iminsi abona mu mupira wo mu Rwanda bitumye asezera mu mupira w’u Rwanda.

Ibi bibaye nyuma y’aho ikipe ya Gasogi United yari itsinze igitego cyo kwishyura ariko umusifuzi wo ku ruhande akamanika igitambaro ko habayeho kurarira.
Yagize ati "Ibi babikoze babishaka, kuko navuze ngo Komisiyo y’imisifurire yegure, ibi ni ibigaragaza ko Federasiyo yuzuyemo mafias, umwanda n’ibindi, twebwe dufashe umwanzuro ikipe tuyivanye mu irushanwa."
KNC yavuze kandi ko ibiri kubera mu mupira w’u Rwanda nibikomeza bishobora kuzatuma abantu barwanaz atangaza ko ikipe ye izakomeda gukora imyitozo kandi akabahemba ariko nta yindi shampiyona azakina.
Umukino wahuzaga Gasogi na Rayon Sports warangiye ari igitego 1-0 cya Rayon Sports, igitego cyatsinzwe na Mico Justin n’umutwe, ku mupira yari ahinduriwe na Nizigiyimana Kharim Mackenzie
National Football League
Ohereza igitekerezo
|
Ndashaka numero ya kns
Nikibazo K N C baramwibye bigaragara kuko nta offside yari hari .ferwafa niyumve abayobozi bamakipe ikemure ikibazo cyarubitiraje .ntawo twaba turikunjya pee!!!!
Nikibazo K N C baramwibye bigaragara kuko nta offside yari hari .ferwafa niyumve abayobozi bamakipe ikemure ikibazo cyarubitiraje .ntawo twaba turikunjya pee!!!!
Nikibazo K N C baramwibye bigaragara kuko nta offside yari hari .ferwafa niyumve abayobozi bamakipe ikemure ikibazo cyarubitiraje .ntawo twaba turikunjya pee!!!!
Ntanarimwe ibi bitazaba mugihe Federation aho kubirwanya yituriza,abarenganywa bakarengana bagirango baravuga ikibazo bakimwa amatwi,KNC arababaye kd nkumuntu usohora ama million angana kuriya kubakinnyi ntabwo yakomeza kurenganywa kd abireba mugihe abagakemuye ikibazo babifata nkaho bitabareba.
Nyakubahwa perezida wacu yabyitegereje kera,ati murebe umupira w’ahandi ,ariko ruswa mu basifuzi yo gucika biragoye.Birazwi ko nta equipe nto igomba gutsinda ikipe nkuru nka rayon ,APR.
Kimwe nkuko APR vs RAYON SPORTS ,bizwi ko APR igomba gutsinda RAYON SPORTS.
Abakinnyi nabo bakagurisha ama equipe yabo kubwo akantu baba bahawe.
Ariko na none umwanzuro KNC yafashe nti byari ngombwa cyane.
Ndababaye cyane
Nukuri ibyo knc yakoze ntawe utabikora, kuko umupira wacu wo murwanda urimo uracumbagira. Kandi bitewe nabitwa ngo nabayobozi bareberera umupira wo murwanda. Ruswa yo mumupira iri kwiyongera bashake uko bayigabanya kuko kuyica burundu ntibyakunda. Murakoze
knc ikipe ye ivuyemo shampiyona yahita ibiha